Ibi byatangajwe n'abahagariye urubyiruko, ubwo umuyobozi w'umujyi wa Kigali, Abayobozi b'Intara n'abashinzwe imibereho myiza mu turere basuraga urubyiruko rugororerwa mu bigo ngororamuco baganiriza abarangije 'igororamuco bakomoka muri izo ntara n'Umujyi wa Kigali bitegura gusubira mu miryango yabo.
AMWE MU MAFOTO YIBYO BIZE N'IBYO BAKOZE MU GIHE BAHAMAZE
Ibikorwa by'ubuhinzi butanga umusaruro ushimishije
Ubuhanzi n'ubugeni
Ubudozi bujyanye n'igihe


Ubwubatsi


Gutwara ibinyabiziga
Gukora ibijyanye n'amashanyarazi








